Urwego rw’ubuzima muri Uganda rwatangaje ko abantu barindwi bamaze gusuzumwa basanganwa ubwandu bwa Ebola. Kugeza ubu umwe niwe imaze guhitana. Mu gihe hari barindwi byemejwe ko...
Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza. ...
Raporo yakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima n’irishinzwe kwita ku bana, itangaza ko bibabaje kuba hafi ½ cy’amavuriro hirya no hino ku isi nta bukarabiro bwujujwe...
Nkusi Thomas wari uzwi nka Yanga, wamenyekanye cyane mu gusobanura Filime mu Kinyarwanda yitabye Imana. Inkuru ye itangajwe nyuma y’indi y’urupfu rwa Buravan wari umuhanzi w’indirimbo...
Umwe mu bahanzi bari bakunzwe kurusha abandi witwa Yvan Buravan yapfuye. Yaguye mu Buhinde azize cancer y’urwagashya nk’uko byatangajwe n’abasanzwe bakurikirana inyungu ze. Apfuye akenyutse kuko...