Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima ushinzwe Ishami ryo kurwanya igituntu, Dr Patrick Migambi avuga ko imibare yatanzwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare , NISR, yerekana ko ...
Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34. Kugeza ubu...
Kubera akazi abantu muri iki gihe bakora n’amafaranga batunze, bamwe bahitamo kurya ibiryo bita fast food, ibi bikaba ari ibiryo bitunganyirizwa mu bikoni by’abatanga serivisi z’imirire...
Hari amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Aziya avuga ko muri Israel hadutse indwara yitwa Florona iyi ikaba ifite ibimenyetso nk’ibya COVID-19 ariko ikiyongeraho ibicurane bikomeye bita...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ( WHO) ryohereje abahanga mu by’ubuzima muri Sudani y’Epfo gukusanya amakuru hagamijwe kumenya indwara ihamaze iminsi, ikaba imaze guhitana abantu 89....