U Rwanda n’u Budage ni ibihugu bifitanye amateka kuva mu Ntangiriro z’Ikinyejana cya 20 ubwo Inama yabereye i Berlin iyobowe na Bismarck yemezaga ko u Budage...
Abantu barenga 100,000 bakoze imyigaragambyo mu Bufaransa bamagana gahunda ya leta yo kubangamira abantu batakingiwe COVID-19, nyuma y’iminsi mike ikomojweho na Perezida Emmanuel Macron ko izashyirwa...
Mu gihe gito kiri imbere, kuba warahawe inkingo ebyiri za COVID-19 aho zateganyijwe cyangwa rumwe rwa Johnson & Johnson ntibizaba bigihagije ngo witwe ko wakingiwe byuzuye...
Umuyobozi wa Gahunda y’Ikingira mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Hassan Sibomana, yatangaje ko u Rwanda rufite inkingo zakingira Covid-19 abaturage 70%, ku buryo igikenewe ari...
Nyuma yo gushyikiriza Leta y’u Rwanda inkingo miliyoni 3.2, Madamu Deborah MacLean ukora muri Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda, yavuze ko igihugu cye...