Abahanga bavuga ko inkongi ziri kwaduka hirya no hino ku isi muri iyi myaka ari intangiriro y’ibyago bizagera ku bantu niba batagabanyije mu buryo bufatika ibyuka...
Umwe mu baturage wari uciye ahitwa mu Migina mu Karere ka Gasabo yasanze hadutse inkongi. Imodoka ya Polisi yari yaje kuzimya. Umuriro watangiriye mu nzu ziri...
Isoko ryubakiwe abahoze bazunguza ryo mu Kagari ka Kibenga,Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ryakongotse. Kugeza ubu ntiharamenyekana agaciro k’ibyangiritse ndetse n’icyateye iriya nkongi. Icyakora...
Nyuma yo gukura mu nzira ivu n’ibindi byose byatewe n’inkongi ikomeye yibasiye agakiriro ka Gisozi, amakuru acvuga ko umuntu umwe ari we yahitanye. Umuriro mwinshi wakongoye...
Nyuma y’inkongi yakongoye agace gato k’Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi muri Gasabo, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yongeye gusaba abantu kwibuka ko no gutunga...