Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, WFP, witwa Micheal Dunford aratabaza amahanga ngo atabare abaturage bo mu Ihembe ry’Afurika bugarijwe n’inzara. Kugeza ubu abaturage bagera kuri...
Nyuma y’uko ubuyobozi bwa Afghanistan bugizwe n’Abatalibani butabarije abaturage babwo ku Muryango mpuzamahanga ariko ukavunira ibiti mu matwi, ubu bwashyizeho gahunda yo gukora ugahembwa ibiribwa. Ni...
Intambara ya Tigray n’ingaruka zayo bikomeje kuba imbarutso yo guha akato ubuyobozi bwa Ethiopia. Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yavuze ko Ethiopia igomba gusobanura impamvu...
Guhera mu mwaka wa 2019 kugeza ubu, ibiribwa byeraga mu Karere ka IGAD kiganjemo ibihugu bita ko ari ibyo mu Ihembe ry’Afurika, byaragabanutse k’uburyo abantu bashonje...
Abaturage bo mu Mirenge ya Busasamana na Bugeshi mu Karere ka Rubavu bafite impungenge nyinshi, nyuma y’imvura ivanze n’urubura yaguye mu cyumweru gishize ikangiza imyaka yabo...