Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rushimirwa ingamba rwafashe kugira ngo habeho kwirinda indwara ariko habeho n’uburyo bwo kuzivuza. Icyakora hari amakuru aherutse gutangazwa na raporo y’umugenzuzi mukuru...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Assoumpta Ingabire avuga ko kugira ngo umuryango utekane kandi ugirwe n’abantu bashoboye ari ngombwa ko ababyeyi baha abana babo...
Mu ruzinduko ari mo muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Paul Kagame yaraye ahuye n’Umuyobozi w’iki gihugu witwa Mohamed Bin Zayed amufata mu mugongo mu izina ry’Abanyarwanda...
Ikigo Mobile Money Rwanda Ltd (MoMo Rwanda) cyashyizeho uburyo bushya bwo guhererekanya amafaranga hagati y’abacuruzi bishyurana kugira ngo buborohereze mu kazi kabo. Bwiswe MoMoBusiness (MoMoBiz). Bwifashisha...
Mu rwego rwo kongera umwuka w’ubufatanye n’ubusabane bigamije ubumwe bw’abatuye Sudani y’Epfo, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakorera muri kiriya gihugu bavuze ko muri cyo hazajya habera umuganda...