Abakorera uruganda rusoroma rukanatunganya icyayi ruri mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu ruzwi nka Pfunda bahagaritse by’agateganyo akazi basanzwe bakora muri uru ruganda. Umwe...
Ndi Umunyarwanda utuye mu Karere ka Kicukiro. Mu mvugo za bamwe mu bayobozi hari ikunze kugarukwaho ivuga ngo ‘Umuturage ku isonga’. Ubyumvise utyo wumva ko hose...
Mu rwego rwo gufasha abikorera kuzahura ubukungu bwabo n’ubw’igihugu muri rusange, Leta y’u Rwanda yashyizeho Ikigega Nzahurabukungu kigamije gushyiriraho abikorera uburyo bworoshye bwo kongera guteza imbere...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko nyuma y’uko mu Kigo cy’igihugu cy’ubuhinzi bagabanyirije abakozi, bamwe binyuze mu kubirukana, abandi mu kubahagarika by’agateganyo abandi bakikura...
Mu kiganiro yahaye abatabiriye Inteko nyobozi yaguye y’Umuryango FPR –Inkotanyi ku munsi wayo wa kabiri, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Bwana Jean Marie Vianney Gatabazi yavuze ko mu...