Taarifa yabwiwe ko ubuyobozi bw’Ikigega cyo kuzahura ubukungu, Economic Recovery Fund, kirengagije nkana kwishyura amafaranga ya nkunganire Leta yemeye guha ibigo 24 bitanga serivisi zo gutwara...
*Bamwe bashora Leta mu manza igatsindwa, abandi bagakoresha amafaranga yayo mu byo atagenewe… Ibihano abakozi ba Leta y’u Rwanda bahabwa kandi bidakurikije amategeko bituma bayirega igatsinda...
Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko. Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu...
Uwahoze ari Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta Bwana Obadiah Biraro yavugiye kenshi mu ruhame ko hari inzego yagiriye inama ngo zikore ibyo urwego ayobora rwazisabaga mu...
Abagize Ihuriro Nyarwanda ry’abafite ubumuga bwo kutabona, Rwanda Union of the Blind, basaba RDB( ihagarariye Leta y’u Rwanda kuri iyi ngingo) nk’ikigo gifite inshingano yo kurengera...