Minisitiri w’Umurimo n’abakozi Fanfan Rwanyindo Kayirangwa avuga ko kimwe mu bintu bitaragerwaho mu mikorere y’abakozi mu nzego za Leta ari uko hari urwego rudahagije rw’imyifatire n’imyitwarire ya...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cy’u Rwanda cyabwiye Taarifa cyamaze gufatira imitungo yose y’ikigo kitwa Aldango LTD gifite 50% y’imigabane y’abashoramari b’i Dubai kubera ko kitishyuye imisoro...
Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa...
Mu gihe abanyapolitiki ba Libya bari kureba uko bahuza imbraga za Politiki n’iza gisirikare kugira ngo mu Ukuboza, 2021 hazabe amatora, abakurikirana ibibera muri kiriya gihugu...
Abategetsi b’u Bushinwa basanze bikwiye ko Politiki yo kubyara abana babiri ihinduka kugira ngo ikibazo cy’abasheshe benshi kiriya gihugu gifite cyabonerwa umuti urambye. Ubu imiryango y’Abashinwa...