Ni we mugore wa mbere wayoboye u Budage akaba uwa kabiri wabuyoboye igihe kirekire kuko yabuyoboye imyaka 16. Angela Merkel asize u Budage ari igihugu gikize...
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yabwiye abandi Banyaburayi ko bagombye kwirinda gutegeka abandi uko babaho. Ni ubutumwa yageneye Abanyamerika n’abandi batuye u Burayi abasaba kutazahirahira ngo...
Raporo iherutse gusohoka ishinja Amerika kumviriza ibiganiro hagati y’abategetsi b’ibihugu bikomeye by’u Burayi birimo u Bufaransa n’u Budage ibifashijwemo na Denmark yateje umwuka mubi. Ibi bihugu...