Abaturage basanzwe bafite ibyanya bacururizamo mu isoko riri i Rubavu ahitwa Mbugangari mu Murenge wa Gisenyi baraye bakoze ‘igisa’ n’imyigaragambyo bamagana ubuyobozi bw’aka Karere bavuga ko...
Ildephone Kambogo uyobora Akarere ka Rubavu yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwiyemeje gukorana n’izindi nzego harimo na Polisi y’u Rwanda kugira ngo abana baba...
Umubyeyi w’abana batatu wagizwe umupfakazi n’abantu batemye umugabo we agiye kurangura inka bikamuviramo urupfu yifuza ko abakurikiranyweho iki cyaha bazaburanishirizwa mu gace atuyemo kugira ngo we...
– Abafite Ph.D. ni babiri, 14 bafite Master’s, Bachelor’s ni 11 – Umuto afite imyaka 35, umukuru akagira 53 – Ba Meya 12 batorewe manda ya...
Umutwe w’Abadepite watoye umushinga w’Itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere y’Akarere, wakozwemo amavugurura arimo uburyo abagize inama Njyanama babonekamo, ari nabo batorwamo Komite Nyobozi y’Akarere. Ni umushinga wemejwe...