Nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Misiri, Perezida Kagame yavuze ko imikoranire hagati y’ibihugu byombi ari igikorwa kizafasha mu rwego rw’ubucuruzi busanzwe buri no...
Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah Al Sisi bitabiriye kandi bahagararira isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Misiri, akubiyemo n’ayo gutoza abadipolomate ku...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze i Cairo, yakirwa na mugenzi we uyobora Misiri, Abdel Fattah Al Sisi. Baganiririye ahitwa Abdeen Palace mu Biro By’Umukuru...
Ubutegetsi bwa Sudani bwatangaje ko bwarakajwe n’uko Ethiopia yafunguye igice cya mbere y’urugomero rw’amashanyarazi ku ruzi rwa Nili ruhuriweho n’ibihugu bitandukanye birimo na Misiri itabumenyesheje. I...
Intumwa zaturutse mu Ishuri rya Gisirikare rya Misiri ziyobowe na Brig Gen Ahmed Ibrahim Mohammed Alam El Deen hamwe n’abanyeshuri bane bitegura kuba ba ofisiye, bari...