Mu mpera z’Icyumweru gishize, mu Karere ka Bugesera habereye irushanwa ryiswe Kibugabuga Race. Ni ubwa kabiri ryari ribaye, umuhungu watsinze yahembye Frw 100,000, umukobwa ahembwa Frw...
Ubuyobozi bwa Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare, FERWACY, bwasabye abakora umukino w’amagare kwirinda gutegura amarushanwa batabanje kubumenyesha. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko impamvu...
Ambasade ya Israel mu Rwanda igiye gufatanya narwo kubaka ikigo cy’indashyikirwa mu kwigisha abasore n’inkumi umukino wo gutwara amagare kinyamwuga. Ubutumwa Ambasaderi Ron Adam yacishije kuri...
Perezida wa Federasiyo Nyarwanda y’umukino w’amagare Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko mu byo ateganya kuzakora muri manda nshya yaraye atorewe harimo no guteza imbere gutwarira igare...
Ubwo yiyamamarizaga kongera kuyobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, Abdallah Murenzi yabwiye abari aho ko natsinda azakora uko ashoboye umukino w’amagare ugakomeza gutera imbere. Ati: “...