Abana bahagarariye abandi mu Rwanda bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda ku munsi wahariwe umwana. Umwe mu baharanira inyungu zabo witwa Evariste Murwanashyaka yabwiye Taarifa...
Mu mpera z’iki cyumweru hari inkuru yasohotse muri kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda ivuga ko hadutse ikigo gitanga serivisi zo kurangira umuntu runaka undi ushaka...
Ashingiye kubyo abona nk’umwe mu bakora mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana by’umwihariko, Bwana Evaritse Murwanashyaka yameza ko ababyeyi badakurikiza imvugo yiswe ‘Fata Umwana Wese Nk’uwawe’. Ibi...