Ramuli Janvier uherutse gukurwa mu nshingano zo kuyobora Akrere ka Musanze azira kudasigasira ubumwe b’Abanyarwanda yahererekanyije ububasha na Hamiss Bizimana umusimbuye. Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Dancille...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rikura mu nshingano abayobozi b’Uturure dutatu two mu Ntara y’Amajyaruguru. Abo ni Ramuli Janvier w’Akarere ka Musanze, Nizeyimana Jean Marie...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Nyakanga, 2023 umugabo witwa Théogène Twagirimana yapfiriye muri Gare ya Musanze nyuma yo kugwa hasi. Yari akiri...
Andrew Rucyahana Mpuhwe wari usanzwe ari umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu yeguye kubera ko yemera ko kuba yaritabiriye umuhango wo gushyiraho umutware w’Abakono bitari...
Umugabo witwa Emmanuel Maniragaba wo mu Murenge wa Cyuve aherutse kugira ibyago inzu ye irashya. Avuga ko abaje kumutabara batakoze icyo gikorwa cyiza gusa ahubwo ngo...