Kuri uyu wa Kabiri Taliki 13, Nzeri, 2022 Ubushinjacyaha bwongeye kugaragariza Urukiko ko bukurikiranye Ndimbati ho icyaha cyo gusindisha umwana utarageza ku myaka y’ubukure, yarangiza akamusambanya....
Uwihoreye Jean Bosco Mustafa wamenyekanye ku izina rya Ndimbati yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge abwirwa ibyo ubushinjacyaha bumurega. Yari agiye kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Urwego...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umukinnyi wa Filimi nyarwanda wamamaye ku izina rya Ndimbati. Umuvugizi w’uru rwego yabwiye Taarifa ko uriya mugabo akurikiranyweho gusambanya...