Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwarimu, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yabwiye abarimu bagera ku 7000 ko kimwe mu bigomba gukomeza kubaranga ari imyitwarire...
Ubwo yarangiza inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ine ihuriza urubyiruko rw’Afurika mu Rwanda, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko we n’abandi bafata ibyemezo bazi neza ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngitente yabwiye abanyacyubahiro bari mu Murwa mukuru wa Estonia witwa Tallinn ko u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo abarutuye n’abarugenda bagerwaho n’ibyiza...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ifatanyije n’inzego zirebana n’iterambere muri rusange n’iry’ubuhinzi by’umwihariko yakiriye inguzanyo ya Miliyoni $300 azafasha abakora mu buhinzi kubukora mu buryo bugezweho butanga umusaruro...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko ibihe bibi isi irimo muri iki gihe cya nyuma ya COVID0-19 bituma inzego nyinshi z’ubukungu harimo n’ubuhinzi...