Nyuma yo kwikira indahiro z’abayobozi bari bamaze iminsi bashyizwe mu nshingano ku rwego rw’igihugu, Perezida Kagame yanenze Polisi y’u Rwanda n’abandi bayobozi bamenye ko hari inyamaswa...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe iterambere, RDB, rwasuye abiga mu ishuri ryisumbuye rya Nyabihu ryigisha ikoranabuhanga, Rwanda Coding Academy, rubasobanurira akamaro ko kurinda umutungo mu by’ubwenge no...
Abaturage bo mu Turere twa Rutsiro, Ngororero, Nyabihu na Rubavu bavuga ko hari igikoko gituruka muri Pariki ya Gishwati-Mukura kica inyana zabo. Kugeza ubu kimaze kwica...
Ni inkuru nziza ku banyeshuri biga gukora ururimi rukoreshwa na mudasobwa rukorwa mu buhanga bita coding biga muri Rwanda Coding Academy muri Nyabihu. Aba banyeshuri bagiye...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF rifatanyije n’Ikigo cy’igihugu cyo guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, ryatangije ubufatanye n’abikorera ku giti...