Perezida wa Angola João Manuel Goncalves Lourenço yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Nyuma y’ibiganiro bagiranye mu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola Bwana Tété Antonio ari mu Rwanda mu ruzinduko ruteguriza Umukuru w’igihugu cye João Lourenço. Uyu mugabo ubu ni we muhuza hagati...
Perezida w’u Bushinwa yavuze ko igihe kigeze ngo ingabo ze zongere imyitozo, ibikoresho bigezweho n’ubuhanga mu kurwana intambara z’ubu ndetse n’izizaza. Xi Jinping avuga ko umutekano...
Abaturage ba Ghana baramukiye mu mihanda yo mu Murwa mukuru Accra basaba ko Perezida Akufo-Addo yegura. Baramushinja kunanirwa gushyira ubukungu bw’igihugu ku murongo none ibiciro byaratumbagiye....
Abashoferi b’amakamyo bo muri Brazil bashyigikiye Bwana Bolsonaro uherutse gutsindwa amatora, bafunze imihanda bakoresheje amakamyo manini. Babikoze mu rwego rwo kwerekana ko batishimiye ko Lula da...