Abantu bose bashaka gusura u Rwanda bahawe amabwiriza mashya bagomba gukurikiza mbere y’uko barugeramo. Harimo ko bagomba kwisuzumisha COVID-19 kandi ibyemezo byerekana ko bayisuzumishije mu buryo...
Desiré Dusingizimana yacunze iwabo basinziriye arasohoka ajya kwiyahuza umuti wica imbeba. Umurambo we wabonywe na Se mu gitondo nyuma y’uko babyutse bakamubura mu rugo. Umunyamabanga nshingwabikorwa...