Kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 mu Mujyi wa Kigali habaye ikintu bamwe batekerezaga ko kidashoboka: Imyigaragambyo. Abamotari bakije moto zabo bahurira hamwe mu...
MTN Rwanda yatangaje ko yateye intambwe ikomeye mu gukemura ibibazo byagiye bigaragara mu itumanaho ryayo, ariko hakenewe igihe cyisumbuyeho kugira ngo bikemuke mu buryo bwa burundu....
Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera kuri uyu wa 16 Ukwakira kugeza ku wa 14 Ukuboza 2021, igiciro cya lisansi i Kigali kitagomba kurenga 1143 Frw...
Abadepite bagize Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gusuzuma imikoreshereze y’Imari ya Leta, PAC, banenze Urwego Ngenzuramikorere, RURA, kutubahiriza amategeko kandi isanzwe ifite inshingano zo guhana abatayubahiriza. Ibyo kutubahiriza...
Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwahaye MTN Rwanda kugeza ku wa 30 Ugushyingo ikaba yamaze gukemura ibibazo byose biri muri serivisi zo guhamagara, bitabaye ibyo ikazafatirwa ibihano birimo...