Mu Rwanda Hagiye Guteranira Inama Ya 12 Y’Abakuru B’Inteko Zishinga Amategeko Mu Bihugu Bivuga Igifaransa. Kuri uyu wa Kabiri tariki 25, Gicurasi, 2021 mu Ngoro y’Inteko...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bwana Felix Tshisekedi ari mu rindi hurizo ry’uburyo yacururutsa abamufashije gusenya ishyaka rya Kabila, ubu batishimiye ko batagaragaye mu...
Abasenateri bagaragaje impungenge ko igikorwa cyo kwandika mu mutungo wa leta ubutaka abaturage batandikishije, kidashingiye ku itegeko cyangwa ibwiriza kandi kigira ingaruka ku baturage. Kuri uyu...
Sena yatoye itegeko ngenga rigenga ubwenegihugu, nirimara kwemezwa rizashyiraho ingingo zizatuma abimukira bamaze igihe mu Rwanda bashobora guhabwa ubwenegihugu. Mu itegeko rishya hongewemo ingingo zirimo ko...
Kubera impamvu zitandukanye Abanyarwanda baba mu Buhinde, muri Nepal, muri Bangladesh, muri Sri Lanka no muri Maldaves ntibabonye uko bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore ku isi...