Abantu biga ibinyabuzima n’abandi bajya bibaza icyabanje hagati y’inkoko n’igi. Babishingira ku ngingo y’uko inkoko itera igi, ariko nanone inkoko ikava mu isi yitwa umushwi. Uburyo...
Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatangarije Taarifa ko mu mezi atandatu cyungutse bwikube gatanu ugereranyije n’uko byari bimeze mu mezi atandatu y’umwaka ushize. Urwunguko rwa CIMERWA...
Umusore yakuriye umukunzi we inzira ku murima ubwo yamusabaga kwishyura ibyo we n’inshuti ze 18 bari bakoresheje ku munsi ww w’amavuko kandi batabivuganye. Uyu musore wo...
Perezida wa Federasiyo Nyarwanda y’umukino w’amagare Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko mu byo ateganya kuzakora muri manda nshya yaraye atorewe harimo no guteza imbere gutwarira igare...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko umusizi Innocent Bahati wari umaze iminsi arangishwa n’itangazamakuru ry’i Burayi ko yaburiwe irengero, yavuye mu Rwanda akajya muri...