Mu rwego rwo kumenya byinshi mubyo Emmanuel Hammez uherutse gushyirraho ngo ayobore Airtel Rwanda ateganya kuyigezaho no kubigeza ku Banyarwanda,Taarifa yagiranye ikiganiro nawe, atubwira ko ikintu...
Umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu Karere ka Gatsibo wari warifuje ko yasaza akamirwa, ubu ari mu byishimo by’uko inka aherutse kugabirwa nyuma y’uko yari yayisabye Perezida...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abanyamakuru b’abagore bagomba kurushaho guhabwa agaciro kandi ababishoboye bagahabwa ubuyobozi mu binyamakuru...
Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB. Cyagarutse ku bujura bwakorewe mu Karere ka Rusizi bugahitana abantu. Umuvugizi w’uru Rwego Dr Thierry B. Murangira...
Amakuru twahawe n’umwe mu bazi ifungwa rya Théophile Mukundwa avuga ko uriya mugabo afungiwe kuri station ya RIB iri ku Murenge wa Kicukiro. Ifatwa rye ryaje rikurikira...