Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yemeje ko abasirikare 498 bamaze kwicirwa mu ntambara muri Ukraine, bitandukanye n’abagera ku 6000 batangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine kuri...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko mu banyarwanda 86 babaga muri Ukraine, 51 bamaze guhungishwa ariko hari abandi 15 bari mu duce turimo kuberamo imirwano, badafite uko...
Ingabo z’u Burusiya zinjiye mu mujyi wa Kharkiv, uvuze ikintu gikomeye mu ntambara bwatangije kuri Ukraine kubera ko ari wo wa kabiri munini mu gihugu. Umuyobozi...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 5% mu ijoro ryakeye, nyuma gato y’uko byari bimaze kwemezwa ko u Burusiya bwatangije intambara yeruye kuri Ukraine. Ni intambara ishobora...
Umwuka w’intambara umaze iminsi hagati y’u Burusiya na Ukraine usa n’uwatangiye gucogora. Nyuma yo gutangaza ko bwatangiye kugabanya abasirikare mu bice byegereye umupaka wa Ukraine, u...