Umuyobozi w’Ihuriro Nyafurika rigamie guteza imbere ubuhinzi (AGRA), Dr. Agnes Kalibata, kuri uyu wa Kabiri yahawe igihembo n’Ihuriro nyafurika riharanira guteza imbere imbuto no kongera umusaruro...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Géraldine Mukeshimana yabwiye abandi banyacyubahiro ko u Rwanda rukora ibishoboka byose kugira ngo umusaruro mu buhinzi wiyongere bityo abaturage bihaze mu biribwa...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abandi banyacyubahiro bari bitabiriye Inama yiga ku iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika ko abatuye uyu mugabane badakwiye guhinga ari benshi ahubwo bagomba...
Mu mpera z’Icyumweru gishize ni ukuvuga Icya nyuma cy’ukwezi kwa Kanama, 2021 i Bangui mu Murwa mukuru wa Centrafrique hasinyiwe amasezerano hagati ya kiriya gihugu n’u...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe impinduka mu buhinzi nk’urwego rwafasha Afurika kugera ku ntego z’iterambere, bijyanye n’uburyo izindi nzego zahungabanyijwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. Ni...