Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yaraye ifatanyije na Ambasade ya Israel mu Rwanda gutangiza icyumweru kihariye gifasha abanyeshuri biga ubuhinzi kwinjira mu masomo yo ku rwego rwo hejuru...
Icyonnyi kitwa Mukondo w’inyana kiravugwaho kwibasira imyaka yari yaratewe kuri hegitari 403. Icyo cyonnyi gifata ibihingwa bikiri mu butaka ntibimere. Abaturage bonewe nacyo bavuga ko bahinze...
Hari itsinda ry’abahanga mu buhinzi n’imitegurire y’ibiribwa n’ibinyobwa bihurije mu kiswe The African Food Fellowship bamaze iminsi baha amasomo Abanyarwanda ku mihingire n’imitekere iboneye hagamijwe kongerera...
Abanyarwanda bo hambere bavugaga ko umurimo wari uguhinga ibindi bikaba amahirwe. Babishingiraga ku ngingo y’uko ubuhinzi bwari butunze benshi, kandi ibisabwa ngo imyaka yere bikaba byari...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, kigaragaza ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 17,6% ugereranyije na Nzeri 2021. Mu kwezi bwabanje , ni ukuvuga...