Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ifatanyije n’inzego zirebana n’iterambere muri rusange n’iry’ubuhinzi by’umwihariko yakiriye inguzanyo ya Miliyoni $300 azafasha abakora mu buhinzi kubukora mu buryo bugezweho butanga umusaruro...
Umuyobozi w’Ikigo nyafurika kiga ku iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, witwa Dr Agnès Kalibata avuga ko imwe mu ngamba zafasha Afurika kwihaza mu biribwa ari uko amakuru y’aho...
Josefa Leonel Correia Sacko usanzwe ushinzwe Komisiyo y’Iterambere ry’icyaro n’ubuhinzi muri Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe anenga ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca ariko zidakemura...
Umukuru w’u Rwanda avuga ko Afurika ifite ibicyenewe byose ngo yihaze mu biribwa kandi isagurire n’ibindi bihugu. Yabivugiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ikiganiro cyahuje Abakuru...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko ibihe bibi isi irimo muri iki gihe cya nyuma ya COVID0-19 bituma inzego nyinshi z’ubukungu harimo n’ubuhinzi...