Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe ubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba, buvuga ko umushinga wo gushyiraho uburyo bwo guhuza amakuru ku gupima no gukingira icyorezo cya COVID-19 ugeze kure, bukazorohereza...
Abanyarwanda baca umugani uvuga ko ‘ikirima ari ikiri mu nda’ kandi ngo ‘amagara aramirwa ntamerwa’. Ibi bishatse kuvuga ko amafunguro umuntu yafashe ari yo amuha ibyishimo...
Abahanga muri Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo yitwa University of Technology, Tourism and Business Studies bavuga ko n’ubwo ruriya rwego rwazahajwe n’ingamba zo gukumira ubwandu bwa COVID-19, ariko...
Dr Kirabo Kacyira Aissa uhagarariye u Rwanda muri Ghana yashimye abatuye ba kiriya gihugu ko bakunda ubukerarugendo ariko abasaba kurushaho kuko ari ingenzi mu guteza imbere...
Umuhanzi Oluwatosin Ajibade wamamaye nka Mr Eazi wo muri Nigeria, yatangaje ko mu mishinga ashaka gukorera mu Rwanda harimo uwo kubaka inzu igezweho yakira ba mugerarugendo,...