Rweyemezamirimo yashinze ikigo yise Seeing Hands gifasha abafite ubumuga bwo kutabona kugira ubumenyi bwo kwihangira akazi. Kuri uyu wa Gatanu tariki 17, Ukuboza, 2021 abafite ubumuga...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana rivuga ko n’ubwo abafite ubumuga muri rusange bagira ibibazo byihariye, abana bo bafite ibibazo byihariye. Rivuga ko abana bafite ubumuga...
Rubavu: Kuri uyu munsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, hirya no hino mu Rwanda naho bawizihije. Ku rwego rw’igihugu, uyu muhango wabereye mu Karere ka Rubavu witabirwa...
Mu gihe uyu munsi Isi n’u Rwanda by’umwihariko bizirihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, ni ngombwa kumenya ko umuntu ufite ubumuga agomba kugira uruhare mu bimukorerwa....
Mu gihe mu Rwanda no ku isi muri rusange hari kwitegurwa Umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, ni ngombwa kwibaza niba bikwiye ko umuntu ufite ubumuga ahabwa...