Perezida Paul Kagame yavuze ko bigoye kubona amagambo wakoresha mu kuvuga urupfu rw’umuganga akaba n’inshuti y’u Rwanda, Dr. Paul Farmer, witabye Imana kuri uyu wa Mbere...
Umunyamerika Dr. Paul Farmer washinze Umuryango Partners in Health ari na wo Kaminuza y’Ubuzima y’i Butaro (University of Global Health Equity, UGHE) ishamikiyeho, yitabye Imana kuri...
Kaminuza mpuzamahanga yigisha ubumenyi mu by’ubuzima, UGHE (University of Global Health Equity), igiye gushyikiriza impamyabumenyi abanyeshuri 23 barangije icyiciro cya gatatu cya kaminuza, mu bijyanye n’imitangire...