Umwe mu bahanzi bari bakunzwe kurusha abandi witwa Yvan Buravan yapfuye. Yaguye mu Buhinde azize cancer y’urwagashya nk’uko byatangajwe n’abasanzwe bakurikirana inyungu ze. Apfuye akenyutse kuko...
Igitaramo cya kabiri cyo mu iserukiramuco ryiswe MTN/ATHF cyacuranzwemo umuhanzi wo muri Nigeria uri mu bakomeye muri iki gihe witwa Kizz Daniel nacyo cyatangiye gitinze nk’uko...
Intore Bruce ufite ikigo gitegura ibitaramo kitwa Intore Entertainment yabwiye Taarifa ko ibyo umuhanzi Kenny Sol ashinja abategura ibitaramo ko babarira mu mibare bagashaka kubakoresha mu...
Umwe mu bahanzi bakunzwe muri iki gihe witwa Kenny Sol yasohoye inyandiko ya paji ebyiri yikoma abategura ibitaramo ko babura abahanzi. Ku isonga avuga ko ikigo...
Nyuma y’uko abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bashyiriye iterabwoba ku muraperi ukomoka iwabo ariko uba mu Bufaransa witwa Youssoufa ko naza mu Rwanda ibizamubaho...