Perezida wa FERWACY Murenzi Abdallah avuga ko kuba Abanyarwanda baherutse kwitabira irushanwa ryabereye muri Australia baratsinzwe, byatewe n’uko bari bananiwe. Ngo bahageze hasigaye umunsi umwe( amasaha...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe Nyarwanda rw’abakina umukino wo koga, Rwanda Swimming Association, Madamu Girimbabazi Pamela Rugabira yabwiye Taarifa ko Federasiyo mpuzamahanga y’umukino wo koga yabemereye kuzabubakira aho bakinira...
Abasore bagize ikipe y’u Rwanda y’umukino wo gutwara igare baraye bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu Rwanda bavuye muri Cameroun aho baherutse gutwara isiganwa rya kiriya...
Ku wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, 2022 Kapiteni w’Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya Shampiyona Nyafurika ya Basketball Elie Kaje yasezeranyije Abanyarwanda ko...
Mu ntangiriro za Mata, 2022 ni ukuvuga guhera taliki 04, kugeza taliki 10, muri Tanzania hazabera irushanwa ry’umukino wa Golf wateguwe n’Ikigo International Sports Management ndetse...