U Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) byamaze gushyira ibuye ry’ifatizo ahazubakwa umupaka uhuriweho wa Rusizi II, uzasimbura ibikorwa remezo bishaje byifashishwa ku mupaka...
Intumwa z’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ziri mu biganiro bya nyuma ku bikorwa byo kubaka no kubyaza umusaruro umupaka uhuriweho, ugiye kubakwa hagati...
Umuyobozi w’Intara y’i Burasirazuba n’umuyobozi wa Polisi muri iyi Ntara baganirije abamotari ku kwirinda ibyaha. Nyuma abamotari bafashwe batanze ubuhamya bw’uko binjije ibiyobyabwenge bagafatwa. Kuri uyu...
Urukiko mpuzamahanga rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) rwahaye Somalia igice kinini cy’umupaka wo mu mazi yaburanaga na Kenya, birushaho kuzamura umwuka mubi aho guhosha ikibazo. Agace katavugwaho rumwe...
Ku mupaka ugabanya u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo hafatiwe abantu batandatu bafite inyandiko mpimbano zemeza ko bipimishije COVID-19, bakaba basahakaga kwambuka bajya muri...