Ubusizi ni imvugo y’inyunge yuje ibitekerezo n’inama bigamije guhwitura, gushima, gutaka cyangwa kwerekana igicyenewe mu muryango runaka w’abantu. Ku byerekeye u Rwanda, Umunyarwandakazi w’umusizi witwa Nina...
Mu Karere ka Kicukiro niho habaye aha mbere mu Rwanda hakoreshejwe indege mu rwego rwo kwibutsa abaturage ko icyorezo COVID-19 kigihari bityo ko bagomba gukomeza ingamba...
Mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro hari umuyobozi uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko ibonye ibirego by’uko yanyereje umuceri, akawunga...