Minisiteri y’Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko mu mpunzi n’abashaka ubuhungiro basaga 600 bakiriwe bavuye muri Libya guhera mu mwaka wa 2019, abantu 462 bamaze kubona ibindi bihugu...
Guverinoma y’u Rwanda, Ubumwe bwa Afurika (AU) n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), byongereye amasezerano yo kwakira impunzi n’abasaba ubuhungiro b’Abanyafurika baheze muri Libya, umubare...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), irimo kwimurira mu nkambi ya Mahama mu Kerere ka Kirehe, impunzi zose...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) inkunga ya miliyoni € 1.5 – ni ukuvuga agera muri miliyari 1.7 Frw...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abashaka ubuhungiro baturutse muri Libya, bijyanye n’intego rwihaye yo kubakira by’agateganyo mu gihe hagishakwa ibihugu byabakira....