I Musanze haraye haguye imvura iremereye k’uburyo yasenye inzu 228, yangiza n’ibindi bikorwaremezo. Imibare yatangajwe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ivuga ko iyo mvura yangije inzu...
Ingabo z’u Burusiya zabaye zigenjeje amaguru macye mu ntambara zatangije muri Ukraine nyuma y’uko urubura ruherekejwe n’ubukonje bukabije biziguye hejuru. Ubu mu bifaro byazo ziratuje zitegereje...
Abaturage bo mu Mirenge ya Busasamana na Bugeshi mu Karere ka Rubavu bafite impungenge nyinshi, nyuma y’imvura ivanze n’urubura yaguye mu cyumweru gishize ikangiza imyaka yabo...