Umusore w’imyaka 22 wo mu Mudugudu wa Ngororero, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Ngorerero aherutse gusanganwa mudasobwa yakoreragaho ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo cy’undi muntu. Hari ahagana saa...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko bidatinze ababishaka bazajya bakorera kandi bagahabwa uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo rukozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga. Abarushaka bazajya barushakorerera ku rubuga ‘Irembo.’...
Shema w’imyaka 35 y’amavuko yafashwe na Polisi y’u Rwanda imusanganye permis y’impimbano yatangiwe i Burundi. Yafashwe aje gusuzumisha ikamyo iremereye yo mu bwoko bwa Benz Actros....
Mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango hafungiye umugabo witwa Hategekimana ukurikiranyweho guha umupolisi ruswa ya Frw 100,000 mu ruhame undi arayanga agahita amuta muri...
Polisi y’u Rwanda yabwiye RBA ko hari bamwe bajya gukora ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga batarabanje kubyigira bihagije. Bajyayo bagiye ‘kugerageza amahirwe’. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u...