Abahanga mu mategeko bavuga ko amategeko aba mu bitabo hanyuma Abanyarwanda bo bakongeraho ko arusha amabuye kuremera. Ku byerekeye ibibera muri Uganda, urukiko rwategetse ko Gen...
Umwe mu bakozi bo mu Rukiko rw’Ikirenga yafashwe n’abagenzacyaha ari kwakira ruswa ya Miliyoni 1.4 akaba yari ay’ibanze( avance) kugira ngo atangire igikorwa cyo kuzatuma uwo...
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 09, Gashyantare, 2022 mu mizi y’urubanza Madamu Jolie Dusabe aregwamo kurigisa umutungo wa SACCO Uruyange, ubushinjacyaha bwasabye Urukiko...
Mu rukiko rw’ibanze rw’Akarere ka Kicukiro kuri uyu wa Kane taliki 27, Mutarama, 2022 habereye urubanza ubushinjacyaha buregamo umugore uruhare mu rupfu rw’umwana w’imyaka itanu witwa...
Ubushinjacyaha bwabwiye Urukiko rw’Ubujurire ko bwatunguwe n’uburyo Mukandutiye Angelina yaciriwe urubanza n’Urukiko rukuru, akagabanyirizwa igihano kandi ngo ibi bitandukanye n’uko amategeko abiteganya. Mukandutiye w’imyaka 71, ku...