Mu mpera z’umwaka wa 2020 nibwo Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina wari ufite imyaka 66 y’amavuko icyo gihe. Byabereye ku kicaro gikuru cya RIB...
George Safari ni umuturage wo mu Karere ka Nyagatare umaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga mu mashusho yafashe mu ijosi umwe mu ba DASSO. Mu rukiko yaraye...
Urukiko Rukuru – Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka – rwatangaje ko isomwa ry’urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina n’abandi 20 ryigijwe inyuma ho ukwezi kumwe, rukazasomwa ku...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’ihangu...
Freeman Mbowe uyobora Ishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Tanzania ryitwa CHADEMA yaraye agejejwe imbere y’Urukiko rw’ibanze rw’i Kisutu muri Dar es Salaam ngo aburane ku...