Inama y’abaminisitiri yigije inyuma amasaha y’ingendo agera saa sita z’ijoro, inakomorera ibikorwa byinshi birimo utubyiniro, abafana kuri za sitade n’amakoraniro. Ni ibyemezo by’inama yateranye kuri uyu...
Urwego rw’Iterambere mu Rwanda (RDB) rwemeje ko utubyiniro tuzongera gufungura mu byiciro, ariko twakire abatarenze 30% by’ubushobozi bwatwo bwo kwakira abantu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu...
Mu gihe mu bihugu byinshi amabwiriza akomeje gukazwa mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19, Guverinoma y’u Bufaransa yemereye utubyiniro kongera gufungura nyuma y’amezi hafi 16 dufunze, guhera...
Abaturage ba Israel cyane cyane urubyiruko bari mu byishimo nyuma y’uko Guverinoma yemeje ko batozongera kwambara agapfukamunwa. Abasore n’inkumi bari kwidagadura, ndetse bamwe bari kwitegura gusubira...