Guverinoma y’u Rwanda yasiyanye n’Ikigo cy’u Bufaransa gishinzwe iterambere (AFD) amasezerano afite agaciro ka miliyoni 25 z’amayero, arimo igice kizakoreshwa mu guteza imbere ururimi rw’Igifaransa n’andi...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko miliyari 100 Frw zashyizwe mu kigega nzahurabukungu zimaze gukoreshwa ku kigero cya 90%, kandi zikomeje kugira uruhare mu...