Icyifuzo Perezida Kagame yagejeje ku bashoramari bo muri Zimbabwe mu minsi micye ishize cy’uko bamwe muri bo bashobora kuzabona isoko ryo kwigisha abarimu b’u Rwanda Icyongereza...
Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere Zéphanie Niyonkuru yashimye ko abashoramari bo muri Zimbabwe batangiye kumurikira mu Rwanda ibyo bakora nyuma y’igihe gito abashoramari b’ibihugu byombi...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasimbuye Urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT) Serge Brammertz, yasoje uruzinduko muri Zimbabwe, mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije gushaka ubufatanye...
Diego Twahirwa usanzwe ayobora Ikigo gihinga kikanagurisha urusenda gikorera mu Bugesera kitwa Gashora Farm yahawe ubutaka bungana na Hegitari 2000 muri Zimbabwe ngo azihingeho urusenda. Amasezerano...