Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tchad: Utavuga Rumwe Na Leta Yaburiwe Irengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tchad: Utavuga Rumwe Na Leta Yaburiwe Irengero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 February 2024 10:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko muri N’Djamena umurwa mukuru wa Tchad havuzwe coup d’état, ubu ibintu bikaba byasubiye mu buryo, biravugwa ko uwari uhagarariye ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi witwa Yaya Dillo yaburiwe irengero, bamwe bakemeza ko yishwe.

Uyu mugabo aravugwaho kuba ari we wateguye ibikorwa byo kugota ikicaro cy’urwego rwa Tchad rushinzwe iperereza ryitwa Agence Nationale de la Sécurité d’Etat.

Asanzwe ayobora ishyaka Parti Socialiste Sans Frontières, PSF.

Ikinyamakuru kigenga kiwa TchadOne kivuga ko guhera kuri uyu wa kana mu masaha ya kare  kugeza mu gicamunsi, mu Murwa mukuru humvikanye amasasu menshi hagati y’abashakaga kwigarurira inyubako za ruriya rwego n’ingabo zabateshaga kubikora.

Amakuru yo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane avuga ko ibintu byazindutse byahosheje ariko ngo ubwoba ni bwose mu baturage.

Indi wasoma:

Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru

TAGGED:AmasasuDillofeaturedTchadUbutegetsiYaya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banki Y’Isi Yakebuye Guverinoma Y’u Rwanda
Next Article Norresken Kigali House Yahawe Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?