Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tchad: Utavuga Rumwe Na Leta Yaburiwe Irengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tchad: Utavuga Rumwe Na Leta Yaburiwe Irengero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 February 2024 10:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko muri N’Djamena umurwa mukuru wa Tchad havuzwe coup d’état, ubu ibintu bikaba byasubiye mu buryo, biravugwa ko uwari uhagarariye ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi witwa Yaya Dillo yaburiwe irengero, bamwe bakemeza ko yishwe.

Uyu mugabo aravugwaho kuba ari we wateguye ibikorwa byo kugota ikicaro cy’urwego rwa Tchad rushinzwe iperereza ryitwa Agence Nationale de la Sécurité d’Etat.

Asanzwe ayobora ishyaka Parti Socialiste Sans Frontières, PSF.

Ikinyamakuru kigenga kiwa TchadOne kivuga ko guhera kuri uyu wa kana mu masaha ya kare  kugeza mu gicamunsi, mu Murwa mukuru humvikanye amasasu menshi hagati y’abashakaga kwigarurira inyubako za ruriya rwego n’ingabo zabateshaga kubikora.

Amakuru yo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane avuga ko ibintu byazindutse byahosheje ariko ngo ubwoba ni bwose mu baturage.

Indi wasoma:

Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru

TAGGED:AmasasuDillofeaturedTchadUbutegetsiYaya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banki Y’Isi Yakebuye Guverinoma Y’u Rwanda
Next Article Norresken Kigali House Yahawe Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?