Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tchad: Utavuga Rumwe Na Leta Yaburiwe Irengero
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Tchad: Utavuga Rumwe Na Leta Yaburiwe Irengero

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 February 2024 10:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko muri N’Djamena umurwa mukuru wa Tchad havuzwe coup d’état, ubu ibintu bikaba byasubiye mu buryo, biravugwa ko uwari uhagarariye ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi witwa Yaya Dillo yaburiwe irengero, bamwe bakemeza ko yishwe.

Uyu mugabo aravugwaho kuba ari we wateguye ibikorwa byo kugota ikicaro cy’urwego rwa Tchad rushinzwe iperereza ryitwa Agence Nationale de la Sécurité d’Etat.

Asanzwe ayobora ishyaka Parti Socialiste Sans Frontières, PSF.

Ikinyamakuru kigenga kiwa TchadOne kivuga ko guhera kuri uyu wa kana mu masaha ya kare  kugeza mu gicamunsi, mu Murwa mukuru humvikanye amasasu menshi hagati y’abashakaga kwigarurira inyubako za ruriya rwego n’ingabo zabateshaga kubikora.

Amakuru yo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane avuga ko ibintu byazindutse byahosheje ariko ngo ubwoba ni bwose mu baturage.

Indi wasoma:

Tchad: Humvikanye Amasasu Mu Murwa Mukuru

TAGGED:AmasasuDillofeaturedTchadUbutegetsiYaya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Banki Y’Isi Yakebuye Guverinoma Y’u Rwanda
Next Article Norresken Kigali House Yahawe Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?