Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwagize Icyo Rutangaza Ku Cyemezo Gishya Cy’Ubwongereza Ku Bimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagize Icyo Rutangaza Ku Cyemezo Gishya Cy’Ubwongereza Ku Bimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 July 2024 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko u Rwanda rwubahirije ibikubiye mu masezerano rwagiranye n’Ubwongereza ku kibazo cy’abimukira.

U Rwanda ruvuga ko icyemezo Ubwongereza bwafata ku bimukira ari ikibazo kibureba.

Rwemeza ko rwakijemo ngo rutange umusanzu waryo ariko ko iby’abimukira bitarureba.

Iryo tangazo ryizeza amahanga ko ruzakomeza gutanga umusanzu warwo mu gukemura ikibazo cy’abimukira aho kizagaragara hose ku isi.

U Rwanda ruvuga ko ruzabikora binyuze mu kubaha aho gutura hatekanye kandi abifuza kuruzamo bagahabwa ayo mahirwe.

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda

Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer aherutse kwerura ko amasezerano hagati y’u Rwanda n’igihugu cye yari yarasinywe n’abamubanjirije yari yarapfuye kandi yarahambwe ndetse ngo ibyo byabaye mbere y’uko anatangira gushyirwa mu bikorwa.

Starmer yahise atangaza ko ahagaritse gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu gihugu cyabo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Ishyaka rye ry’Abakozi (Labour Party) riherutse kwegukana intsinzi ku bwiganze mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza.

Iyi gahunda yo kubohereza mu Rwanda yatangijwe na ba Minisitiri b’Intebe batatu bayoboye u Bwongereza, ari bo Boris Johnson, Liz Truss na Rishi Sunak.

Icyakora yajemo kidobya nyinshi zitewe n’uko Sosiyete Sivile n’abanyamategeko bamwe bavugaga ko hari ibitanoze biyirimo.

U  Rwanda n’u Bwongereza bari basanganywe amasezerano ku byerekeye imibereho myiza y’abimukira

Byaje no kuba ngombwa ko hakorwa andi masezerano avuguruye.

Ibi byose ariko Starmer yabiteye utwatsi avuga ko ayo masezerano ntabl gaciro afite.

Ku wa 14 Mata 2022 nibwo u Rwanda n’u Bwongereza byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no kwakira abimukira hamwe n’ibijyanye n’iterambere ry’ubukungu.

TAGGED:BwongerezafeaturedGuverinomaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Mu Mafu Menshi Bategereje Kagame
Next Article Kagame Yasuye Ku Mulindi W’Intwari 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?