Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufaransa Bwemeye Gukura Ingabo Zabwo Muri Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubufaransa Bwemeye Gukura Ingabo Zabwo Muri Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 September 2023 8:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abafaransa barateganya kuvana ingabo zabo muri Niger
SHARE

Nyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Niger hamwe n’ubuyobozi bw’Ubufaransa, byatangajwe ko ingabo z’iki gihugu ziri hagati y’abantu 1200 na 1500 zitangira kuva muri Niger.

Jeune Afrique ivuga ko iki ari igikorwa kizabanzirizwa no kwimura ibikoresho by’intambara birimo imodoka, imbunda n’indege z’intambara z’amoko atandukanye.

Minisitiri w’Intebe wa Niger uherutse gushyirwaho n’abasirikare bahiritse ubutegetsi witwa Ali Mahaman Lamine Zeine niwe uherutse kuganira na Minisiteri y’ingabo z’Ubufaransa bemeranya ko abasirikare babo bagomba kuva ku butaka bw’igihugu kitari icyabo.

Ali Mahaman Lamine Zeine

Muri ibi biganiro, hari aho impande zombi zemeranyije ko umubano hagati ya Niamey na Paris wakomeza cyane cyane ko ari ibihugu byabanye igihe kirekire.

Ku byerekeye itaha rya Ambasaderi w’Ubufaransa muri Niger witwa Sylvain Itté nta kiratangazwa kugeza ubu.

Ubufaransa Bwimye Agaciro Iyirukanwa Ry’Ambasaderi Wabwo Muri Niger

TAGGED:AmbasaderiBufaransaIndegeNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yicaga Abana Akabarya: Ni Iki Gitera Abantu Kwica Abandi Umusubizo?
Next Article Uwaregeye Kagame Ko Hari Umusirikare Wamuriganyije Hoteli Yayisubijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?