Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufatanye Bwa Uganda Na Tanzania Ku Butegetsi Bwa Suluhu Butangiye Bute?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubufatanye Bwa Uganda Na Tanzania Ku Butegetsi Bwa Suluhu Butangiye Bute?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2021 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uganda na Tanzania bari businye amasezerano y’ubufatanye mu gucukura ibikomoka kuri Petelori, bizacungwa na Leta z’ibihugu byombi ariko bigakorwa na Sosiyete y’Abafaransa, Total.

Ni umushinga wo kubaka umuyoboro w’ibikomoka kuri petelori(pipeline) uzava mu Burengerazuba bwa Uganda ukagera ku cyambu cya Tanga kiri muri Tanzania hafi y’Inyanja y’Abahinde.

Ni umuyoboro w’ibilometero 1 440.

Kuri iki rero nibwo Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu ari bugere i Kampala kugira ngo asinyane na mugenzi Perezida Museveni amasezerano y’uko uriya mushinga uzubakwa, harimo n’uburyo bwo kwimura no guha ingurane abatuye aho uzacishwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku wa Gatanu tariki 09, Mata, 2021 nibwo itsinda riyobowe na Minisitiri w’ubutabera no kurinda Itegeko nshinga rya Tanzania , Prof Palamagamba Kabudi ryageze i Kampala mu rwego rwo gutegura uruzinduko wa Perezida Suhulu.

Abari bagize iri tsinda bose baje bambaye kandi bakomeza kwambara agapfukamunwa, ikintu kitabagaho ubwo Tanzania yategekwaga na John Pombe Joseph Magufuli uherutse gutabaruka.

Isinywa ry’uyu mushinga ryari riteganyijwe gusinywa tariki 22, Werurwe, 2021 ako ntibyaba kuko Magufuli yari arwaye kandi arembye.

TAGGED:featuredMuseveniPeteloriSuhuluTanzaniaUbufatanyeUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Buhagaze Bute?
Next Article Mu minsi Mike KWIBUKA 27 Bitangiye, Abarokotse Jenoside Batangiye Guhohoterwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?