Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwo Yagarukaga Mu Rwanda, Perezida Kagame Yaciye Muri Senegal Asuhuza Perezida W’Aho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubwo Yagarukaga Mu Rwanda, Perezida Kagame Yaciye Muri Senegal Asuhuza Perezida W’Aho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2022 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yaciye muri Senegal asuhuza Perezida w’iki gihugu akaba na Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe witwa Macky Sall.

Kagame yari avuye mu ruzinduko yari amazemo iminsi mu bihugu bitandukanye birimo Congo-Brazzaville, Jamaica na Barbados.

On his way home from Barbados, President Kagame stopped over in Dakar where he was received by President @Macky_Sall. pic.twitter.com/paj4vS1AKH

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) April 18, 2022

Ntiharatangazwa ibyo yaganiriye na Macky Sall ariko bisanzwe bizwi ko ari inshuti y’u Rwanda ndetse aherutse no gutumira mugenzi we Paul Kagame ubwo hatahwaga Stade nshya ya Senegal yitiriwe umukambwe Abdoulaye Wade, uyu akaba yarategetse Senegal akaza gusimburwa na Sall.

Iriya Stade yatashywe taliki 22, Gashyantare, 2022.

U Rwanda na Senegal kandi biri mu bihugu by’Afurika biri hafi kubakwamo inganda zikora inkingo z’igituntu, malaria na COVID-19.

Ikindi gihugu biteganyijwe ko kizubakwamo uru ruganda ni Ghana.

TAGGED:featuredInkingoKagameMacky SallSenegalStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CP Kabera Yakiriye Abapolisi 80 Buvuye Kusa Ikivi Muri Sudani Y’Epfo
Next Article Nyagatare: Hagiye Kubakwa Ibagiro Ribaga INKA 200 Ku Munsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?