Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yafatanywe Ibilo 80 By’Urumogi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umunyarwandakazi Yafatanywe Ibilo 80 By’Urumogi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2021 9:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke hari umugore wafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 19, Gashyantare, 2021 afite imifuka itatu irimo urumogi rupima ibilo 80. Yafashwe ubwo Polisi ikorera muri kariya gace yasakaga urugo rwe ikaruhasanga.

Uyu mugore wo mu kagari ka Mushungwe.

Polisi ivuga ko hari umuturage wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bakoranaga akamuha ruriya rumogi.

Umuvugizi wayo mu Ntara y’i Burengerazuba Chief  Inspector of Police( CIP) Bonaventure Twizere Karekezi avuga yagize ati: “ Uyu mugore yari asanzwe ku rutonde rw’abantu twari dufiteho amakuru y’uko bacuruza ibiyobyabwenge mu bice bitandukanye by’u Rwanda. Twari dutegereje kuzamugwa gitumo.”

Avuga ko mbere yo kumufata babanje guhabwa amakuru n’umwe mu baturanyi be wabwiye Polisi ko uriya mugore yakiriye urumogi ahawe n’umuturage wa DRC.

Abapolisi bahise bajya hafi y’iwe baramutungura bararumufatana.

Bivugwa ko urumogi yarubonye ruvuye muri DRC, bakarwambutsa ikiyaga cya Kivu.

Nyuma yo gufatwa, uriya mugore yemereye Polisi ko abarwambukije yabishyuye Frw 200 000

CIP Karekezi yasabye abaturage kureka kwinjiza ibiyobyabwenge mu Rwanda kuko bibangiriza ubuzima kandi bikaba bitemewe mu mategeko y’u Rwanda.

Bapimye basanga harimo ibilo 80 by’urumogi
TAGGED:NyamashekeUmunyarwandakaziUrumogi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa Bw’Umukuru W’u Rwanda Asezera Kuri Gen Musemakweli
Next Article Kim Kardashian ‘Yatse Gatanya’ Na Kanye West
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?