Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Sena Y’Uburundi Yishimiye Uko Bubanye N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Sena Y’Uburundi Yishimiye Uko Bubanye N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 7:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Visi Perezidante wa Mbere wa Sena y’Uburundi Dénise Ndadaye uri mu Rwanda mu Nama yiswe Women Deliver 2023 Conference yakiriwe na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Dr. François Kalinda baganira uko umubano wa Sena zombi zatezwa imbere.

Hon Ndadaye yavuze ko kuba yakiriwe neza mu Rwanda ari ikimenyetso cyerekana ko umubano w’ibihugu byombi uri kuba mwiza.

Perezida wa Sena y’u Rwanda we avuga ko baganiriye uko umubano w’ibihugu byombi warushaho kunoga no gutezwa imbere.

Ati: “ Dufite byinshi dusangiye, dufite imiryango myinshi duhuriyeho kandi ni imiryango yose yo muri aka karere ndetse n’ibibazo bimwe muri aka karere tubihuriyeho bito rero mu rwego rw’Inteko zishinga amategeko dushobora gutanga umusanzu wacu mu mibanire y’ibihugu byombi.”

Dr Kalinda avuga ko hari gahunda y’uko hasinywa amasezerano hagati y’ibihugu byombi agamije imikoranire irambye.

Ni amasezerano bita Memorandum of Understanding.

Visi Perezidante wa Mbere wa Sena y’Uburundi Dénise Ndadaye yavuze ko kuba we na bagenzi basuye u Rwanda ari intambwe izakomeza kuzamura imihahiranire kandi avuga ko bitarangiriye aho kuko ifuni ibagara ubucuti ari akarenge.

Mu gihe Hon Kalinda yakiraga Hon Dénise Ndadaye, Madamu wa Perezida w’u Burundi Angeline Ndayishimiye nawe yari ari mu Rwanda aho yakiriwe na mugenzi we Jeannette Kagame.

Kuva aho Perezida Ndayishimiye abereye umukuru w’Uburundi, umubano hagati ya Kigali na Gitega watangiye kuba mwiza ndetse imipaka irafungurwa.

TAGGED:AmategekoBurundifeaturedIntekoKalindaNdadayeRwandaSena
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkongi Ziri Ku Isi Ni Intangiriro Y’Akaga Kari Imbere
Next Article Rwamagana: Ubushera Bwateye Abaturage 53 Kujyanwa Kwa Muganga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?