Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abandi Basirikare Ba Afurika Y’Epfo Bapfiriye Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abandi Basirikare Ba Afurika Y’Epfo Bapfiriye Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 March 2024 9:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kubera impamvu zigikorwaho iperereza, abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo barasanye umwe yica undi, nawe arirasa.

Bivugwa ko byatewe n’ubwumvikane buke ariko iperereza rirakomeje.

Ikinyamakuru cyo muri Uganda kitwa The Monitor cyanditse ko abo basirikare hari icyo baje kutumvikanaho, umwe arasa mugenzi we arangije nawe arirasa.

Ni abasirikare babiri baje biyongera ku bandi babiri bapfuye mu minsi yatambutse bishwe n’igisasu barashweho ubwo bari bari mu kigo.

Imirambo yabo yarashyinguwe ariko urupfu rwabo ruteza impagarara mu baturage ba Afurika y’Epfo cyane cyane abo ku ruhande rutavuga rumwe na Leta.

Bavugaga ko ingabo z’igihugu cyabo zagiye kurwana mu mahanga mu gihugu cy’abaturage bari kurwanya Leta yabo kandi bagenda badafite ibikoresho bigezweho byo kwirindira umutekano.

Julius Malema uyobora abatavuga rumwe na Leta asaba ko abasirikare ba Afurika y’Epfo bataha iwabo kuko intambara bari kurwana mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo atari iyabo kandi itazabahira.

Ashinja Perezida Cyril Ramaphosa kujyana abasirikare be mu rwobo.

Ingabo z’Afurika y’Epfo zitwa South Africa National Defense Force, SANDF.

Mu ntambara ziri kurwana na M23 zifatanyije n’iza Malawi na Tanzania.

TAGGED:AbasirikareAfurikaEpfoIntambaraMalawi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urujeni Yatangiye Guhagararira u Rwanda mu Bwami Bwa Jordania
Next Article Kugira Ngo Abakoze Jenoside Basabe Imbabazi Abo Bahemukiye Ni Urugendo Rurerure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Gukosoza Amakosa Mu Irangamimerere Biracyari Ikibazo Ku Irangamuntu Koranabuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?