Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bafashwe Biba Imiti Kwa Muganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bafashwe Biba Imiti Kwa Muganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2023 12:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bane bafatiwe mu cyuho biba imiti mu bitaro by’ahitwa Murang’a, aho hakaba ari muri Kenya. Polisi yasanze bari bamaze gupakira imiti ifite agaciro Miliyoni  Sh1.5.

Yasanze bari bamaze gushyira mu modoka amakarito 12 bayajyanye kuyagurisha ku wundi mucuruzi ufite ivuriro rye.

Umuyobozi wa Polisi mu gace bafatiwemo witwa Ali Nuno yavuze ko abafashwe bazashyikirizwa ubutabera mu gihe kitarambiranye.

Avuga ko hari amakuru bari bamaze iminsi bakira avuga ko hari imiti yibwa kuri ibyo bitaro.

Ubuyobozi bwa Polisi  mu gace byakorewemo bwashimye ukuntu amakuru yatanzwe kugeza ubwo abo bantu bafatwa.

Umuyobozi w’ibitaro byabereyemo witwa Dr Kang’ata  avuga ko kuba abakoze bariya baragashwe byagizwemo uruhare n’ikoranabuhanga.

Ku rundi ruhande, hari abakozi ba biriya bitaro bavugwaho kugira uruhare muri buriya bujura.

The Nation yanditse ko umwe mu bakora muri kiriya kigo yiruhukije ubwo yumvaga ko hari abantu bafatiwe muri buriya bujura.

TAGGED:AbajurafeaturedIbitaroImitiKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Umutekano Yashimiye Uwari Umuyobozi Wa Polisi
Next Article Muzaharanire Ishema Ry’u Rwanda-Minisitiri Gasana Abwira Abapolisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

APR FC Yongeye Gutesha Rayon Igikombe Na Miliyoni Nyinshi

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu mahanga

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?